-
Health Line
Icyo umubyeyi wese agomba kumenya
Umugore ushaka gutwita ndetse n’ukimara gutwita, akwiye kumenya ko kurya ibikungahaye kuri “acide folique” (Vitamini B9) bifite uruhare runini mu…
Read More » -
Health Line
Dore imyenda myiza yo kurarana
Kuryama nijoro ni umwanya mwiza wo kuruhuka, kuko amanywa yose umuntu aba yiriwe akoresha ingingo zigize umubiri. Ku muntu ukunda…
Read More » -
Health Line
Ingaruka zo kurara wambaye isutiye
Hari abagore cyangwa abakobwa bagira akamenyero ko kurara bambaye isutiye ngo kugira ngo ifate amabere, nyamara ntabwo ari byiza kuko…
Read More » -
Health Line
Ibibi byo kurarana ikariso
Kwambara ni byiza cyane cyane kwambika ibice by’ibanga ku manywa, kuko umuntu aba yumva atuje mu gihe aba atambaye ubusa.…
Read More » -
News
Inkomoko yo kwambara ipantalo ku bagore
Hari aho umugore cyangwa umukobwa yagera yambaye ipantalo cyangwa ikabutura, bakamutera amabuye bavuga ko ari indaya. Nyamara ntabwo ari cyo…
Read More » -
Health Line
Ni ngombwa guhindura imyenda y’imbere
Guhindura imyenda y’imbere buri munsi ni isuku y’ibanze buri muntu aba yaratojwe kuva akiri umwana. Kuba rero hari abambara imyenda…
Read More » -
Health Line
Ingaruka zo gukuba amaso
Gukuba amaso ni ibintu abenshi bakunze gukora, bifatwa nk’aho ntacyo bitwaye nyamara ni bibi cyane. Iyo amaso yananiwe cyangwa asa…
Read More » -
Health Line
Uburyo wahangana no kwiheba
Kwiheba ni ibyiyumvo bitera ubwoba, nabyo kandi bizi ubwoba bw’uwo byibasiye hanyuma bigatungwa nabwo. Iyo wihebye utakaza ibyiringiro, ukumva ko…
Read More » -
Health Line
Guseka bituma ubwonko buruhuka
Kumwenyura cyangwa guseka ni ngombwa kuko bifite akamaro kanini ku buzima bw’ubikoze ndetse n’abo bari kumwe. Nk’uko abashakashatsi b’Abanyamerika babigaragaje,…
Read More » -
Health Line
Kugabanya ibiro ku muntu ukuze
Kugira ngo ugabanye umubyibuho, haba hagamijwe kugira ibiro runaka udashaka ko birenga cyane iyo ugeze mu za bukuru. Icyo gihe…
Read More »