-
Health Line
Ngiri ibanga ryo gusoma mbere yo gusinzira
Gusoma igitabo mbere yo kuryama ni byiza ku buzima kuko bituma umuntu abasha gusinzira neza. Mu gihe bamwe bakunze kureba…
Read More » -
Food
Igihaza, uruboga rw’ingirakamaro ku buzima
Ibihaza ni imboga zifitemo karoli nkeya ariko kandi bikaba isoko ya vitamin A ifitiye umubiri w’umuntu akamaro kanini. Bifite ubushobozi…
Read More » -
Food
Dore indwara zivurwa na Watermelon
Urubuto ruzwi ku izina rya Melo cyangwa“Watermelon” rukungahaye ku bifasha gusohora uburozi mu mubiri, bigatuma igira uruhare runini mu kurinda…
Read More » -
Food
Impamvu ukwiye kurya amapera
Amapera ni imbuto zifite akamaro kanini ku buzima bw’umuntu. Amapera agereranywa n’ikirombe cya zahabu ku buzima kuko akoreshwa cyane no…
Read More » -
Children
Menya uburyo bwo konsa umwana
Konsa umwana ntabwo bisaba kureba ku isaha ngo umenye ko igihe kigeze, ahubwo ugomba kureba niba umwana abikeneye. Ik’ibanze ni…
Read More » -
Diseases
Icyatera umuntu kunyara ku buriri
Kunyara ku buriri bivuga gucikwa, ukanyara utabishaka igihe usinziriye nijoro. Ku manywa umuntu mukuru aba abasha kwifata igihe ashatse kunyara…
Read More » -
Culture
Yigize akari aha kajya he!
Uyu mugani abanyarwanda bawuca iyo batangira umuntu wigize igihangange cy’indakoreka. Ubwo rero nibwo wumva bagize bati: “Yigize akari aha kajya…
Read More » -
Health Line
Dore uburyo bwiza bwo kunywa amazi
Kunywa amazi ni ingirakamaro cyane kuko bifasha umubiri w’umuntu gukora neza. Umuntu ategetswe kunywa amazi nibura Litiro imwe n’igice (1,5…
Read More » -
Health Line
Uburyo bwo kumesa imyenda y’imbere
Ugereranyije usanga imyenda y’imbere isukuye iba ifite garama 0.1 z’umwanda kandi ishobora kugera kuri garama 10, nk’uko ubushakashatsi bwakozwe n’ikinyamakuru…
Read More » -
Culture
Umugore agira inzara ntagira inzigo
Uyu mugani Abanyarwanda bawuca bashaka kumvisha abandi ko abagore ari abantu beza, nyamara ubukene bukaba aricyo kintu kimwe rukumbi gituma…
Read More »