Children
-
Menya impamvu ari ngombwa gupfuna umwana
Kuva mu minsi ya mbere umwana akivuka, ubudahangarwa bwe buba butarakura, bikaba bisaba kumuba hafi cyane. Kuva mu myaka ye…
Read More » -
Menya ibyiza byo kurya ubuki
Ubuki burimo intungamubiri zitandukanye kandi mu bibukoze harimo iby’ingezi bifasha umubiri w’umuntu kumererwa neza. Inzobere mu mirire; Deepali Sharma, agira…
Read More » -
Dore ibyo wakwitaho wabyaye umwana udashyitse
Mu gihe umubyeyi yabyaye umwana atarageza igihe, hari iby’ingenzi aba akwiye kwitwararika kugira ngo umwana akomeze agire ubuzima bwiza dore…
Read More » -
Menya umubare w’amagi utagomba kurenza mu cyumweru
Amagi ni ibiribwa bizwiho kugira “cholesterol” nyinshi, bigatuma hibazwa cyane ku mubare wa ngombwa umuntu adakwiye kurenza. Kuva mu myaka…
Read More » -
Soya ni igisubizo ku ngaruka za “ménopause”
Soya ni ikinyamisogwe abantu benshi badakunze kwitaho mu biribwa bategura, nyamara uwamaze gusobanukirwa n’ibyiza byayo ntasiba kuyitegura mu mafunguro. Abahanga…
Read More » -
Kurya inzuzi byongera amahirwe yo kubyara
Akenshi usanga umuntu atunganya igihaza cyo guteka maze akavanamo inzuzi (imbuto ziba zirimo imbere) akazijungunya nk’aho ntacyo zimaze, nyamara zifite…
Read More » -
Umutobe w’inkeri ni igisubizo cy’umunaniro
Muri iki gihe abantu benshi bugarijwe n’umunaniro kubera akazi kenshi, imihangayiko no kudasinzira. Ibi byose bituma umubiri utabasha kujya kuri…
Read More » -
Ibi nubibona uzagabanye kurya umugati
Umugati ni kimwe mu biribwa bya buri munsi biboneka ku buryo bworoshye, kandi ukaba ukunze kuribwa na benshi. Ariko nubwo…
Read More » -
Icyo wamenya kuri tangawizi
Tangawizi ni ikirungo gihumura neza gikoreshwa ku buryo butandukanye haba mu biribwa ndetse no mu binyobwa, ariko ikaba inakoreshwa mu…
Read More » -
Impamvu n’ingaruka zo kuba umwangavu imburagihe
Hari igihe usanga umwana w’umukobwa afite ibimenyetso by’ubwangavu akiri muto. Yenda ubona ari ibintu bisanzwe, nyamara hari zimwe mu mpamvu…
Read More »