Health Line
WordPress is a favorite blogging tool of mine and I share tips and tricks for using WordPress here.
-
Menya igitera kwituma ibisa nâumukara
Ubusanzwe umusarani ugira ibara risa nâigitaka. Hari igihe umuntu mukuru cyangwa umwana yituma (umusarani) ukabona bije bifite ibara ryâumukara, ukaba…
Read More » -
Impamvu itera imfu zo muri piscine
Hakunze kumvikana imfu za hato na hato zâabantu baguye muri âpiscineâ ahantu hatandukanye, bigatuma umuntu yakwibaza impamvu ibitera. Kurohama ni…
Read More » -
Dore uko wakwitwara igihe ubana nâumusinzi
Kubana nâumugabo cyangwa umugore wabaswe nâubusinzi biravunanye cyane, ariko hariho bumwe mu buryo wakoresha ukabasha guhangana nabyo. Birumvikana iyo uwo…
Read More » -
Ingaruka zo kugira uburakari
Uburakari bushobora kugira ingaruka mbi ku mubiri wâumuntu, ku bitekerezo bye ndetse no ku marangamutima ye. Inyigo nyinshi zakozwe mu…
Read More » -
Menya impamvu yo kubira ibyuya
Ubusanzwe kubira ibyuya ni uburyo bwerekana imikorere myiza yâumubiri. Hari abantu usanga babira ibyuya mu kwaha, mu mutwe, mu ntoki…
Read More » -
Ngizi indwara zivurwa n’Umwenya
Umwenya ni icyatsi cyabayeho kuva kera kikaba kigira impumuro nziza kandi kikaba kigira akamaro kanini ku buzima bwâumuntu. Iki cyatsi…
Read More » -
Dore uko waganiriza umuntu uri ku kiriyo
Hari ubwo ushaka kwifatanya mu kababaro nâuwabuze uwe, ariko ukabura uburyo ubimubwiramo haba mu nyandiko cyangwa se mu biganiro bisanzwe.…
Read More » -
Icyo umubyeyi wese agomba kumenya
Umugore ushaka gutwita ndetse nâukimara gutwita, akwiye kumenya ko kurya ibikungahaye kuri âacide foliqueâ (Vitamini B9) bifite uruhare runini mu…
Read More » -
Dore imyenda myiza yo kurarana
Kuryama nijoro ni umwanya mwiza wo kuruhuka, kuko amanywa yose umuntu aba yiriwe akoresha ingingo zigize umubiri. Ku muntu ukunda…
Read More » -
Ingaruka zo kurara wambaye isutiye
Hari abagore cyangwa abakobwa bagira akamenyero ko kurara bambaye isutiye ngo kugira ngo ifate amabere, nyamara ntabwo ari byiza kuko…
Read More »