-
Food
Umutobe w’inkeri ni igisubizo cy’umunaniro
Muri iki gihe abantu benshi bugarijwe n’umunaniro kubera akazi kenshi, imihangayiko no kudasinzira. Ibi byose bituma umubiri utabasha kujya kuri…
Read More » -
Episode
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 11)
Mu gutaha, MPANO yagiye yishimye cyane. NYAMWIZA we reka sinakubwira! Yatekerezaga ukuntu MULINDA atazongera kumutesha umutwe kubera ko yari amaze…
Read More » -
Health Line
Menya igitera kwituma ibisa n’umukara
Ubusanzwe umusarani ugira ibara risa n’igitaka. Hari igihe umuntu mukuru cyangwa umwana yituma (umusarani) ukabona bije bifite ibara ry’umukara, ukaba…
Read More » -
Episode
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 10)
MPANO yari amubonye yamushakaga rwose, nuko ahita amusaba ko bakwinjira mu modoka akaba ari ho baganirira. Undi na we ntiyazuyaje,…
Read More » -
Woman
Uko wabana na nyokobukwe utoroshye
Hari igihe usanga ba nyirabukwe b’abantu bivanga cyane mu buzima bw’ingo z’abana babo, bagashaka kuziyobora mbese ugasanga birabangamye. Ntabwo bivuze…
Read More » -
News
Kubika ibanga ni gihamya y’ubucuti
Kubitsanya ibanga bishobora kuba uburyo bwo kubaka ubumwe, umwe akaba hafi y’undi, mukagirana inama cyangwa se mugafashanya mu buryo bumwe…
Read More » -
Health Line
Impamvu itera imfu zo muri piscine
Hakunze kumvikana imfu za hato na hato z’abantu baguye muri “piscine” ahantu hatandukanye, bigatuma umuntu yakwibaza impamvu ibitera. Kurohama ni…
Read More » -
Episode
Rudasumbwa wanjye! (Igice cya 9)
NYAMWIZA yatashye yishimye, afite amatsiko menshi yo kugera mu rugo ngo arebe ikintu cyari kiri muri izo mpano bagenzi be…
Read More » -
Food
Ibi nubibona uzagabanye kurya umugati
Umugati ni kimwe mu biribwa bya buri munsi biboneka ku buryo bworoshye, kandi ukaba ukunze kuribwa na benshi. Ariko nubwo…
Read More » -
Diseases
Menya impamvu zo kugira ibyuya binuka
Kubira ibyuya ni ibintu bisanzwe kuri buri muntu wese, ariko hari igihe umuntu akunyuraho ukumva afite ibyuya binuka. Icyo tugomba…
Read More »